New 1

 THE WORLD OF 2050

Season 1

EPISODE 1

Writer Safari Edouard

__________

Dutangira dute rero?

Dutangiranye agakuru kumusore kati"Amazina yanjye nitwa chris ,

Nkiri muto nabuze ababyeyi bombi nkurira muri orphernant ,

Mfite imyaka 8 naje kugurishwa mvanwa aho nabaga njanwa mukigo cyayoborwaga n'itsinda ry'abaherwe ryitwaga KING .

Iryo tsinda ryari riyobowe n'umugabo utazwi ariko bivugwa ko yaba yaravuye kuyundi mubumbe utandukanye n'iyi si.

King  ryari rirushanijwe na NEW WORLD ariko byose bifite umugambi wo guhindura isi.

Aho nahatorejwe byinshi bijanye n'ubwicanyi bwindenga kamere butandukanye.

.

..

.

.

Inkuru ikomeza kuvugwa,

Iti"nakoreye king imyaka myishi ariko ubu ndi umwanzi ukomeye wa king nyuma yaho banyakiye uwo nakundaga ANGE.

Umubiri wanjye watewe imiti myishi kuburyo amagara imana yampaye yahindutse ngasigara ndi ikidapfa cyiswe n'indwara ndetse ntanasaza,mbese n'utewe amaraso yanjye akaba yazabaho iteka!!"

.

..

.

.

Arakomeza ati"urwaye ingwara idakira aterwa amaraso yanjye ubundi agasa n'uvutse busha .

Ariko nubwo mfite ibyo,abenshi bumva k nakaretse byose nkitegura kubaho ubudapfa ariko njye ubwanjye ndashaka kuzahorera umukunzi ndetse mbashe no 

nkanagarura isi uko Imana iyishaka.

Ushobora kwibaza uburyo nzabasha kurwanya abigaruriye isi ndi umwe ariko mfite abantu batatu bamfasha,

Hari uwitwa #ALICIA akaba ari umukobwa w'umugabo utazwi ,uwo nawe akaba ari nawe witwa umwami w'isi,

Si uwo gusa hari undi wabashije guterwa amaraso yanjye tukaba tugendana aho ndi hose akaba n'umujyana wanjye.

hejuru yabo mfite #_padiri "

.

..

.

.

Arakomeza ati"mvuka mama yahise apfa ndetse na nyuma y'imisi mike data yakoze impanuka ariko uwambwiye ibyo byose yambwiye ko bose bapfuye kubera njye kuko nari naravuze ugutandukanye n'abandi mvuka umutima uri iburyo mugihe abandi bavuka uri ibumoso"

.

..

.

.

Nkiri muto nakundaga gusoma ibitabo ubwo nabaga ntari kwitoza,

Muri Byinshi nasomye nakunzemo icyasobanura ibyikoranabuhanga  ubwo abantu

Bashatse kubyikubira byose,

Ikoranabuhanga ryaragwiriye rituma isi(abantu)baganza ibindi birewa byose maze bigarurira ubutware basumba ibindi biremwa"

.

..

.

.

Umusore akomeje kutwiganira ati" hejuru yibyo itsinda king na #new_wold

Byakomeje kumpiga ,king rishaka kundangiza kubw'imiti n'amabanga yaryo narinzi naho new world inshikisha ukwayo kuko naho nari narahabaye ariko nanga gukurikiza amabwiriza yayo.

Arakomeza ati"aka kanya bisa nkaho aho kwihisha habuze kuko king irahabona hose.

Ariko reka mbanyuriremo muri make uko byatangiye".....LOADING EP 2

.

Comments